Brigade y' ingabo za RDF zirwanira ku butaka yasoje amahugurwa yaberaga mu Kigo cy’Amahugurwa ya Gisirikare cya Gabiro.
Soma inkuru yose hano 👇👇👇

Gallery

Advertisement

Brigade y' ingabo za RDF zirwanira ku butaka yasoje amahugurwa yaberaga mu Kigo cy’Amahugurwa ya Gisirikare cya Gabiro. Iyo Brigade yari imaze amezi atanu n’icyumweru kimwe muri ayo mahugurwa yisumbuye y' ingabo zirwanira ku butaka (Advanced Infantry Course).
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen Mubarakh Muganga, wayoboye umuhango wo gusoza ayo mahugurwa, yashimiye abasirikare bayarangije, agaragaza uruhare rukomeye ayo mahugurwa agira mu gutegura abasirikare kurinda ubusugire bw’Igihugu no guhangana n' ibyahungabanya umutekano.
Yavuze ko uretse ubumenyi mu bya gisirikare, aya mahugurwa yanashimangiye inyigisho z' ikinyabupfura( discipline) kiranga RDF ari na yo nkingi ikomeye ifasha abasirikare kugira indangagaciro za RDF, gukorana ubunyamwuga no gusohoza inshingano zabo neza. Yasabye abayitabiriye gukoresha ubumenyi n' ikinyabupfura bagaragaje mu mahugurwa, mu gukora neza akazi kabo.
In English
The RDF Land Forces Brigade has completed a five-month Advanced Infantry Course at the Gabiro Military Training Center. The course aimed to enhance the soldiers' skills and knowledge in combat and security operations. Chief of Defense Force, Gen Mubarakh Muganga, praised the graduates for their dedication and professionalism, emphasizing the importance of discipline and integrity in their duties ¹ ².
The training included modules on combat tactics, physical fitness, and leadership, preparing soldiers to defend national security and address emerging threats. Gen Muganga urged the graduates to apply their skills and knowledge effectively in their roles, upholding the RDF's values of discipline and professionalism.
Advertisement
Share this article

NSANZIMANA Sylver
Article Author
Advertisement





