Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA , ryirukanye , Adel Amrouche wari umutoza w’Amavubi kubera umusaruro udashimishije
Soma Andi makuru y'imikino hano 👇👇👇👇👇

Gallery






Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA , ryirukanye , Adel Amrouche wari umutoza w’Amavubi kubera umusaruro udashimishije

Adel yatsinze umukino umwe mu mikino umunani yatoje, FERWAFA ivuga ko atubahirije bimwe mu bikubiye mu masezerano ye ndetse yahawe umwanya wo kubikosora ariko ntitabyubahiriza.

Amrouche yagizwe umutoza w’Amavubi muri Werurwe 2025 asinya imyaka ibiri.

Umunya Algeria Adel Amrouche yagizwe Umutoza Mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ’Amavubi’, aho yari yungirijww na Eric Nshimiyimana ndetse na Dr. Carolin Braun.Kuva yaza mu ikipe y’igihugu, hanenzwe uburyo bw’imitoreze ye ndetse n’umusaruro mu ikipe y’igihugu ndetse .
Muri Werurwe 2026 haratangira amajonjora y’igikombe cy’Afurika 2027 kizabera muri Uganda – Tanzania – Kenya ndetse hategerejwe undi mutoza uzafasha ikipe y’igihugu Amavubi
ANDIMAKU
Ibitego bya Antoine Semenyo na Rayan Cherki byafashije Manchester City gutsinda Newcastle United 2-0, mu mukino ubanza wa 1/2 cya Carabao Cup.

Ikipe izasezerera indi hagati ya Manchester City na Newcastle United , izahura n'izava hagati ya Chelsea FC na Arsenal FC, ziza gukina umukino ubanza kuri uyu wa Gatatu.


NSANZIMANA Sylver
Article Author





