Perezida Donald Trump yashyize hanze ifoto ya Perezida wa Venezuela Nicolas Maduro nyuma yo gufatwa n'igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Amakuru avuga abasirikare ba Amerika basanzwe Maduro imwe mu rugo aryamye bagahita bamufata
Soma inkuru yose hano ๐๐๐

Share


Perezida Donald Trump yashyize hanze ifoto ya Perezida wa Venezuela Nicolas Maduro nyuma yo gufatwa n'igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za America
Amakuru avuga abasirikare ba Amerika basanzwe Maduro imwe mu rugo aryamye bagahita bamufata
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Ingabo zidasanzwe za Amerika (Delta Force) zagabye igitero mu Murwa Mukuru wa Venezuela, zifata Perezida Nicolas Maduro nโumugore we, Cilia Flores ubwo bari mu buriri ndetse bahita bakurwa mu gihugu.

Perezida Donald Trump yavuze ko igisirikare cya Amerika cyafashe Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela n'umugore we, Cilia Flores, mu gitero cyabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu. Abarenews avuga ko Maduro n'umugore we bafashwe mu buriri, bakurwa mu gihugu n'indege za kajugujugu, hanyuma bakatwarwa mu bwato bw'igisirikare cya Amerika bwa USS Iwo Jima, berekeza i New York
Trump yavuze ko ifatwa rya Maduro ari igikorwa cyakozwe mu kumurika amategeko ya Amerika, kuko yari aregwa ibinyobwa byo gucuruza ibiyobyabwenge n'iterabwoba. Yashimiye abasirikare ba Amerika ko bakoze igikorwa cy'ubutwari, agira ati "Nta kindi gihugu ku Isi cyashobora gukora igikorwa nk'iki".
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu, Ingabo zidasanzwe za Amerika (Delta Force) zagabye igitero mu Murwa Mukuru wa Venezuela, zifata Perezida Nicolas Maduro nโumugore we, Cilia Flores ubwo bari mu buriri. Ibi byatumye abaturage ba Venezuela bashya ubwoba, ndetse bigitangira Perezida Maduro yamaganye "ubushotoranyi bwa gisirikare" bwa Amerika kandi atangaza ibihe bidasanzwe mu gihugu.
Visi Perezida wa Venezuela, Delcy Rodrรญguez, yavuze ko guverinoma itazi aho Maduro nโumugore we Cilia Flores bari, yongeraho ko igitero cya Amerika cyahitanye abayobozi, abasirikare nโabasivili mu gihugu hose.
Ibitero bya Amerika byamaganiwe n'ibihugu byinshi, harimo u Burusiya bwavuze ko ari ubushotoranyi bwa gisirikare bugamije gukuraho ubutegetsi, mu he Colombia yavuze ko ibitero byageze no ku mupaka wayo bikaba bishobora guhungabanya umutekano wโakarere.
Perezida Trump yavuze ko Amerika iri gutekereza uko Venezuela izayoborwa nyuma yโifatwa rya Maduro, agira ati "Abanya-Venezuela bishimiye ifatwa rya Maduro kuko igihugu cyari kiyobowe ku gitugu".
Meya wโUmujyi wa New York, Zohran Mamdani, yamaganye ifatwa rya Maduro, avuga ko ari igikorwa cyโintambara ndetse gihabanye nโamategeko mpuzamahanga.
More from the newsroom
Related stories
Related Articles

Politic
NSANZIMANA Sylver00Aug 21, 07:02 PM
FDRL members have asked the DRC government not to send them to Rwanda if the agreement to disarm and destroy is implemented. The sick
Read full story here ๐๐๐๐

Politic
NSANZIMANA Sylver00Aug 21, 07:02 PM
Abarwayi b'umutwe wa FDRL basabye leta ya RDC kutazabohereza mu Rwanda mugihe amasezerano yo kwamburwa intwaro no kuwusenya Burundu Yaba ashyizwe mubikorwa
Soma inkuru yose hano ๐๐๐

Politic
NSANZIMANA Sylver00Jul 18, 05:11 AM
President Kagame chaired a meeting of the RPF Politburo
Read All here ๐๐๐๐

Politic
NSANZIMANA Sylver00Jul 18, 05:11 AM
Perezida Kagame yayoboye inama ya Biro Politiki ya FPR Inkotanyi
Soma inkuru yose hano ๐๐๐

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jul 14, 02:08 PM
Polisi yโu Rwanda ikorera mu Karere ka Rulindo yafashe abantu 17
Soma inkuru yose hano ๐๐

Politic
NSANZIMANA Sylver00Jul 14, 02:08 PM
Rwanda National Police operating in Rulindo District arrested 17 people.
Read All here ๐๐
Share this article

NSANZIMANA Sylver
Article Author