Uwatangaje mbere ko umupiroti wacu yabonetse turamufunga avuge Aho yakuye ayo makuru
In English and kinyarwanda ๐๐๐๐

Share
Perezida Donald trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora guta muri yombi abanyamakuru batangaje bwa mbere ko hari indege ya Amerika yarasiwe muri Iran, kandi umwe mu ba pilote ataraboneka. Ibi Trump yabitangaje ku wa Mbere tariki 6 Mata 2026, mu kiganiro cyamuhuje nโabanyamakuru.
Indege yavugaga ni iyarashwe ku wa 3 Mata 2026 nโIngabo za Iran, umwe mu bapilote abanza kuburirwa irengero, ariko nyuma Amerika ibasha kumutabara. Muri iki kiganiro, Perezida Trump yikomye ibinyamakuru byatangaje aya makuru bwa mbere, avuga ko ashobora gufunga ababigizemo uruhare.
Ati โTwari twabigize ibanga mu gihe kirenga isaha, ubundi umuntu araza ashyira hanze aya makuru, kandi Twizeye ko tuzamufata. Turi gukoresha imbaraga nyinshi ngo dufate uwabitangaje. Turi kujya mu bigo byโitangazamakuru byabisohoye mbere, ubundi tukababwira tuti โni ku mpamvu zโumutekano, mutubwire cyangwa mujye muri Gerezaโ.โ
Trump yavuze ko ibyakozwe nโibi binyamakuru byashoboraga gushyira umutekano wโigihugu mu kaga. Yashimangiye ko Amerika yageze ku ntego yari yihaye mbere yuko ibitero byo mu kirere kuri Irani bitangira mu mpera yโukwezi kwa Gashyantare uyu mwaka, ifatanyije na Israel.
Perezida Trump yavuze ko Amerika โizavaโ muri Irani mu โbyumweru bibiri cyangwa bitatuโ igihe izaba izi neza ko ubutegetsi bwa Irani buzamara โimyakaโ budashobora gukora igisasu kirimbuzi cya nikleyeri ยน.
In Englis
US President Donald Trump said he may arrest journalists who first reported that a US airliner had been shot down in Iran, and that one of the pilots was still missing. Trump made the announcement on Monday, April 6, 2026, during a press conference.
The plane was shot down on April 3, 2026 by the Iranian military, one of the pilots was initially reported missing, but the United States was later able to rescue him. In this interview, President Trump criticized the newspapers that first reported the news, saying that he could imprison those responsible.
He said, "We had kept it a secret for over an hour, then someone came and leaked this information, and we are confident that we will catch them. We are using a lot of force to catch the leaker. We are going to the media outlets that published it first, and then we are telling them, 'It is for security reasons, tell us or go to jail.'"
Trump said the actions of the newspapers could have put national security at risk. He insisted that the United States had achieved its goals before the airstrikes on Iran began in late February this year, in coordination with Israel.
President Trump said the United States will โget outโ of Iran in โtwo or three weeksโ when it is certain that the Iranian regime will be unable to build a nuclear bomb for โyearsโ
More from the newsroom
Related stories
Related Articles

Politic
NSANZIMANA Sylver00Aug 21, 07:02 PM
FDRL members have asked the DRC government not to send them to Rwanda if the agreement to disarm and destroy is implemented. The sick
Read full story here ๐๐๐๐

Politic
NSANZIMANA Sylver00Aug 21, 07:02 PM
Abarwayi b'umutwe wa FDRL basabye leta ya RDC kutazabohereza mu Rwanda mugihe amasezerano yo kwamburwa intwaro no kuwusenya Burundu Yaba ashyizwe mubikorwa
Soma inkuru yose hano ๐๐๐

Politic
NSANZIMANA Sylver00Jul 18, 05:11 AM
President Kagame chaired a meeting of the RPF Politburo
Read All here ๐๐๐๐

Politic
NSANZIMANA Sylver00Jul 18, 05:11 AM
Perezida Kagame yayoboye inama ya Biro Politiki ya FPR Inkotanyi
Soma inkuru yose hano ๐๐๐

Politic
NSANZIMANA Sylver00Jul 14, 02:08 PM
Rwanda National Police operating in Rulindo District arrested 17 people.
Read All here ๐๐

Politic
NSANZIMANA Sylver00Jul 14, 01:41 PM
A South Korean court sentenced former President Yoon Suk-yeol to two years in prison on Monday, July 13, 2026.
Read all here
Share this article

NSANZIMANA Sylver
Article Author