Uwatangaje mbere ko umupiroti wacu yabonetse turamufunga avuge Aho yakuye ayo makuru
In English and kinyarwanda 👇👇👇👇

Share
Perezida Donald trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora guta muri yombi abanyamakuru batangaje bwa mbere ko hari indege ya Amerika yarasiwe muri Iran, kandi umwe mu ba pilote ataraboneka. Ibi Trump yabitangaje ku wa Mbere tariki 6 Mata 2026, mu kiganiro cyamuhuje n’abanyamakuru.
Indege yavugaga ni iyarashwe ku wa 3 Mata 2026 n’Ingabo za Iran, umwe mu bapilote abanza kuburirwa irengero, ariko nyuma Amerika ibasha kumutabara. Muri iki kiganiro, Perezida Trump yikomye ibinyamakuru byatangaje aya makuru bwa mbere, avuga ko ashobora gufunga ababigizemo uruhare.
Ati “Twari twabigize ibanga mu gihe kirenga isaha, ubundi umuntu araza ashyira hanze aya makuru, kandi Twizeye ko tuzamufata. Turi gukoresha imbaraga nyinshi ngo dufate uwabitangaje. Turi kujya mu bigo by’itangazamakuru byabisohoye mbere, ubundi tukababwira tuti ‘ni ku mpamvu z’umutekano, mutubwire cyangwa mujye muri Gereza’.”
Trump yavuze ko ibyakozwe n’ibi binyamakuru byashoboraga gushyira umutekano w’igihugu mu kaga. Yashimangiye ko Amerika yageze ku ntego yari yihaye mbere yuko ibitero byo mu kirere kuri Irani bitangira mu mpera y’ukwezi kwa Gashyantare uyu mwaka, ifatanyije na Israel.
Perezida Trump yavuze ko Amerika “izava” muri Irani mu “byumweru bibiri cyangwa bitatu” igihe izaba izi neza ko ubutegetsi bwa Irani buzamara “imyaka” budashobora gukora igisasu kirimbuzi cya nikleyeri ¹.
In Englis
US President Donald Trump said he may arrest journalists who first reported that a US airliner had been shot down in Iran, and that one of the pilots was still missing. Trump made the announcement on Monday, April 6, 2026, during a press conference.
The plane was shot down on April 3, 2026 by the Iranian military, one of the pilots was initially reported missing, but the United States was later able to rescue him. In this interview, President Trump criticized the newspapers that first reported the news, saying that he could imprison those responsible.
He said, "We had kept it a secret for over an hour, then someone came and leaked this information, and we are confident that we will catch them. We are using a lot of force to catch the leaker. We are going to the media outlets that published it first, and then we are telling them, 'It is for security reasons, tell us or go to jail.'"
Trump said the actions of the newspapers could have put national security at risk. He insisted that the United States had achieved its goals before the airstrikes on Iran began in late February this year, in coordination with Israel.
President Trump said the United States will “get out” of Iran in “two or three weeks” when it is certain that the Iranian regime will be unable to build a nuclear bomb for “years”
More from the newsroom
Related stories
Related Articles

Politic
NSANZIMANA Sylver00Jun 3, 10:11 AM
French President Emmanuel Macron and his wife Brigitte Macron hosted Rwandan President Paul Kagame and First Lady Jeannette Kagame at the Palais de l'Élysée on Tuesday evening, June 2, 2026.
Read all here 👇👇

Politic
NSANZIMANA Sylver00Jun 3, 10:11 AM
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, n’umugore we Brigitte Macron bakiriye ku meza Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Madamu Jeannette Kagame.
Soma inkuru yose hano 👇👇

Politic
NSANZIMANA Sylver00Jun 2, 05:47 PM
Kenyan President William Ruto has condemned the protests that have been going on for days demanding that the Kenyan government halt a US-led deal to build a hospital in the country.
Read all here 👇👇

Politic
NSANZIMANA Sylver00Jun 2, 05:47 PM
Perezida wa Kenya William ruto yateye utwatsi abaturage bamaze iminsi bigaragambya basaba ko leta ya Kenya ihagarika amasezerano n'ibikorwa bya Amerika byo kubaka ibitaro BYA abora muri iki gihugu
Soma inkuru irambuye hano 👇👇

Politic
NSANZIMANA Sylver00May 30, 11:47 AM
US President Donald Trump has said he will make a final decision on the deal, while Iran says talks are ongoing but no final agreement has been reached.

Politic
NSANZIMANA Sylver00May 30, 11:47 AM
Donald Trump, yatangaje ko agiye gufata icyemezo cya nyuma ku byerekeye ayo masezerano
Soma inkuru yose hano 👇👇
Share this article

NSANZIMANA Sylver
Article Author