Abagize Inteko Ishinga Amategeko batabarije abanyamakuru bakora umwuga ufatwa nk’uwiyubashye ariko benshi muri bo bakaba ari ba mbonabucya, bitewe n’intica ntikize bakura muri uyu mwuga ufatwa nk’ubutegetsi bwa kane.

Share
Abagize Inteko Ishinga Amategeko batabarije abanyamakuru bakora umwuga ufatwa nk’uwiyubashye ariko benshi muri bo bakaba ari ba mbonabucya, bitewe n’intica ntikize bakura muri uyu mwuga ufatwa nk’ubutegetsi bwa kane.
Raporo iheruka ya RGB, yagaragaje ko abanyamakuru bangana na 44,5% bahembwa imishahara iri munsi y’ibihumbi 200 Frw ku kwezi, ko ari amafaranga make adafasha abanyamakuru kuba bakora umwuga wabo neza.
Hagaragajwe ko 42,9% by’ibitangazamakuru ari byo bitanga amasezerano y’akazi ku bakozi babyo, mu gihe 28,6% bitangira abakozi ubwiteganyirize, umubare ungana n’uw’ibitanga ikiruhuko cy’umwaka.
Ibitangazamakuru bigera kuri 28,6% byishyura abakozi babyo imishahara ijyanye n’ibyo binjije.
Nubwo bimeze bityo ariko, Raporo ya RGB igaragaza ko uru rwego rukomeje gufasha ibitangazamakuru kwiteza imbere. Aho nko mu 2024/25, rwatanze inkunga y’arenga miliyoni 286 Frw
In English
Members of the Parliamentary Assembly have come to the defense of journalists who are working in a profession often regarded with respect, yet many of them are struggling due to the financial challenges they face in this sector, which is viewed as the fourth estate.
A recent report by the Rwanda Governance Board (RGB) indicated that approximately 44.5% of journalists earn salaries below 200,000 Rwandan francs per month, which is insufficient for them to perform their work effectively. The report also highlighted that 42.9% of media outlets offer employment contracts to their employees, while 28.6% provide social security benefits, a figure that matches those that offer annual leave.
Around 28.6% of media outlets pay their employees salaries based on their revenues.
Despite these challenges, the RGB report shows that this sector continues to receive support for its development. For instance, in the 2024/25 period, the sector was granted over 286 million Rwandan francs in funding.
#TuganireTNT
More from the newsroom
Related stories
Related Articles

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jul 14, 02:08 PM
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rulindo yafashe abantu 17
Soma inkuru yose hano 👇👇

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jun 23, 12:37 AM
After Shaddy Boo appealed to the Rwanda National Investigation Agency (RIB) to investigate a young man named Iradukunda Aimable, known to many as Yugi Umukaraza, accusing him of raping her, the agency confirmed that it had received the complaint.
Read full story here 👇👇👇

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jun 23, 12:37 AM
RIB yatangajeko yakiriye ikirego cy'Uwamenyekanye nka shaddy boo kumbuga nkoranyambaga avuga ko yafashwe kungufu
Soma inkuru yose hano 👇👇👇

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jun 22, 05:57 AM
The Iranian government has sentenced prominent singer Parastoo Ahmadi to 74 lashes after she appeared on stage without wearing traditional Iranian clothing. She was wearing a traditional Iranian dress and was wearing women's perfume, which is not acceptable in Iranian culture.
Read All here 👇👇👇

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jun 22, 05:57 AM
Leta ya lrani yahanishije Umuhanzi ukomeye parastoo ahmadi gukubitwa inkoni 74 nyuma yo kugaragara kurubyiniro atambaye imyambaro yubahiriza umuco WA Irani ,yari yambaye isanzwe yiteye ibirungo by'abagore ,Kandi bitemewe mumuco wa irani
Soma inkuru yose hano 👇👇

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jun 18, 05:03 AM
Ugandan singer Moses Ssali, known in the music industry as Bebe Cool, has accused Miss Mutesi Jolly, who was crowned Miss Rwanda in 2016
Read All here 👇👇 y
Share this article

NSANZIMANA Sylver
Article Author