Donald Trump yateye utwatsi Volodymyr Zelenskyy, wifuzaga kumufasha mu guhangana n’ibitero bya Iran byifashishije drones
Read full story here 👇👇 in English and kinyarwanda

Advertisement
Donald Trump yateye utwatsi Volodymyr Zelenskyy, wifuzaga kumufasha mu guhangana n’ibitero bya Iran byifashishije drones bigabwa ku nyungu zayo ziri mu Burasirazuba bwo Hagati. Trump yavuze ko batigeze baka Ukraine ubufasha ndetse ko nta bwo bakeneye, agajya hamwe n’uko Zelenskyy akomeje kuba intambamyi mu kugera ku masezerano y’amahoro
Nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel bitangije intambara kuri Iran, umutekano mu Burasirazuba bwo Hagati wakomeje kuba mubi. Iran ikomeje kugaba ibitero ku birindiro bya Amerika biri mu bihugu bitandukanye by’aka Karere.
Perezida wa Ukraine, Zelenskyy yerekanye ko yiteguye gufasha Amerika n’abafatanyabikorwa bayo mu guhangana n’ibitero bya Iran. Abinyujije kuri X, ku wa 13 Werurwe 2026, Zelenskyy yavuze ko Amerika idafite ubunararibonye bwa Ukraine itazashobora gusubiza ibintu mu buryo mu Burasirazuba bwo Hagati.
Trump yagarutse ku ntambara ya Ukraine n’u Burusiya imaze imyaka ine, avuga ko Zelenskky akomeje kuba intambamyi mu kugera ku masezerano y’amahoro. Ati “Natunguwe n’uburyo Zelenskyy adashaka amasezerano. Mubwire Zelenskyy yemere a
Ni mugihe Abategetsi ba leta zunze ubumwe za Amerika atangaje ko Perezida Donald Trump adakeneye ko habaho ibiganiro biganisha ku gahenge mu ntambara ya Iran, ahubwo izakomeza intambara. Umuyobozi muri White House yabwiye Reuters ko Trump yateye utwatsi igitekerezo cy’ibihugu bimwe byo mu Burasirazuba bwo hagati byumvaga ko habaho ibiganiro biganisha ku gahenge
Ibi babivuze Nyuma y'uko umuyobozi w'igihugu cy'uburusiya Putin asabye leta zunze ubumwe za Amerika hamwe na Irani kujya mubiganiro byo guhagarika intambara ihanishije leta zunze ubumwe za Amerika zifatanije na Israel kuri Irani Ariko Amerika ikabitera utwatsi
Amerika ivuga ko Iran yanze agahenge mbere hose kugeza igihe Amerika na Israel biyigabyeho ibitero. Uwatanze amakuru yavuze ko Trump ashishikajwe no kurwana intambara ngo ace intege ubushobozi bwa gisirikare bw’iki gihugu. Undi mukozi wa White House ati “Ntabwo ibyo bimushishikaje nonaha ndetse turakomeza gahunda [intambara]. Wenda hari umunsi bizaba ariko ntabwo ari ubu
Perezida Trump yavuze ko abashobora kuba abayobozi bashya ba Iran batangaje ko bashaka ibiganiro kandi bizaba. Ubu Operation Epic Fury irakomeza. White House yavuze ko ukuriye umutekano wa Iran, Ali Larijani na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Abbas Araghchi bashatse kunyura muri Oman kugira ngo habeho ibiganiro bigamije agahenge mu ntambara bishobora kugirwamo uruhare na Visi Perezida wa Amerika, JD Vance ariko ntibyemeranywaho
Intambara ya Amerika na Iran yatangiye ku wa 28 Gashyantare 2026, Amerika ivuga ko ishaka guca intege umugambi wa Iran wo gukora intwaro za nucleaire.
Nimugihe Iran na yo yatangaje ko itazahagarika kugaba ibitero kubikorwarwa BYA Leta Zunze Ubumwe za Amerika ahobiri hose muburasirazuba bwo hagati, ndetse batera utwatsi ibikangisho BYA Leta Zunze Ubumwe za Amerika zavuze ko Irani nidafungura umuhora wa Hermoz Amerika izabaraho biteye ubwoba

In English
US officials say President Donald Trump does not want a ceasefire in the Iran nuclear deal and will instead continue the war. A White House official told Reuters that Trump has dismissed the idea of some Middle Eastern countries seeking a ceasefire.
They said this after Russian President Putin called on the United States and Iran to engage in talks to end the war that has been waged by the United States, along with Israel, on Iran.
But America is ignoring it.
The US says Iran has refused to give up until the US and Israel have retaliated. The source said Trump is keen to start a war to weaken the country's military capabilities. "That's not his interest right now and we're continuing the [war] plan," another White House official said. "Maybe one day it will happen, but not now."
President Trump said that potential new Iranian leaders have said they want to talk and that will happen. Now Operation Epic Fury is underway. The White House said that Iranian National Security Council Chief Ali Larijani and Foreign Minister Abbas Araghchi had sought to travel to Oman for talks aimed at a ceasefire that could include US Vice President JD Vance, but they could not agree.
The US-Iran war began on February 28, 2026, with the US claiming it wanted to thwart Iran's plan to develop nuclear weapons.
At the same time, Iran has also announced that it will not stop attacking US installations anywhere in the Middle East, and has even dismissed US threats that if Iran does not open the Strait of Hormuz, America will be in a state of terror.
In kiswahili
Serikali ya Marekani imetangaza kwamba Rais Donald Trump haoni umuhimu wa kufanya majadiliano ya amani katika vita vya Iran, badala yake vita vitaendelea. Kiongozi mmoja katika Ikulu ya White House aliiambia Reuters kwamba Trump amekataa wazo la mataifa kadhaa ya Mashariki ya Kati ambayo yalihisi kuwa majadiliano ya amani yanaweza kufanyika.
Hivi karibuni, Kiongozi wa Urusi, Putin, ameomba Marekani na Iran kushiriki katika mazungumzo ya kuzuia vita vinavyohusisha Marekani na Israel dhidi ya Iran. Hata hivyo, Marekani imepuzilia mbali ombi hilo.
Marekani inasema kwamba Iran imekataa amani mara kadhaa hadi pale ambapo Marekani na Israel zilipofanya mashambulizi dhidi yake. Chanzo kimoja kilisema kuwa Trump anataka kuendelea na vita ili kudhoofisha uwezo wa kijeshi wa nchi hiyo. Mtumishi mwingine wa White House alisema, "Hayo siyo mambo yanayomvutia sasa, na tunaendelea na mpango [wa vita]. Labda siku moja itatokea, lakini si sasa
Rais Trump amesema kwamba viongozi wapya wa Iran wametangaza kuwa wanataka mazungumzo, na mazungumzo hayo yatakuwa. Operesheni Epic Fury inaendelea. White House imesema kuwa mkuu wa usalama wa Iran, Ali Larijani, na Waziri wa Mambo ya Nje Abbas Araghchi walijaribu kupitia Oman ili kuwe na mazungumzo ya kutafuta amani katika vita ambavyo vinaweza kujumuisha Naibu Rais wa Marekani, JD Vance, lakini hakukuwa na makubaliano.
Vita vya Marekani na Iran vilianza tarehe 28 Februari 2026, Marekani ikisema inataka kukomesha mpango wa Iran wa kutengeneza silaha za nyuklia.
Wakati huo huo, Iran pia imetangaza kuwa haitasimamisha mashambulizi dhidi ya vituo vya Marekani popote katika Mashariki ya Kati, na hata imekataa vitisho vya Marekani kwamba ikiwa Iran haitafungua Mlango wa Hormuz, Marekani itakuwa katika hali ya hofu.
Advertisement
Share this article

NSANZIMANA Sylver
Article Author
Advertisement



