Loading article…
Imanza ibihumbi makumyabiri zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize Perezida w’urukiko rw’ikirenga Domitila Mukantaganzwa yavuze ko ubuhuza hagati y’abafitanye amakimbirane buri gutanga umusaruro mwiza kuva mu myaka itatu ishize aho Leta ishyizeho politiki nshya