Murindahabi Irene usanzwe ari umuyobozi wa MIE Empire ireberera inyungu itsinda ‘Vestine&Dorcas’ yavuze kuri Ishimwe Vestine ukomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga.
Murindahabi Irene usanzwe ari umuyobozi wa MIE Empire ireberera inyungu itsinda ‘Vestine&Dorcas’ yavuze kuri Ishimwe Vestine ukomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga.

Yavuzeko bwasohotse kuri konti bwite ya Vestine icyakora abera ibamba umunyamakuru wifuzaga kumenya niba koko ariwe wari wabwanditse.
Yagize ati “Ibyo mwabonye byavuye ku rukuta rwa Instagram bwite rwa Vestine ni naho byahise bisibwa kubw’umutekano we. Ibirenze ibyo Uwiteka aduhane umugisha.”
Icyakora ku rundi ruhande, Murindahabi yavuze ko ibibazo by’ubuzima bwite bwa Vestine adashobora kubisubiza ahubwo ahamya ko umunyamakuru akwiye gushaka uyu muhanzi akaba ariwe abibaza.
Ati “Ibyo mumwandikire mubimubaze, ni ubuzima bwite bwe. MIE Music dukorana na Dorcas&Vestine […] umuhanzi agomba kugira ubuzima bwe bwite bw’umuhanzi kandi tukabwubaha.”
Ikindi kibazo Murindahabi yirinze gusubiza umunyamakuru ni ikijyanye n’impamvu batatahanye mu ndege nkuko bajyanye bajya muri Canada.
Ati “Amategeko y’indege ahamya ko abantu baziranye bagenda mu ndege imwe aba he? None se ubundi umwe aje mbere undi akaza nyuma ikibazo cyaba ari ikihe? Dorcas na Vestine ibyo bapfana n’abakunzi babo si ibitaramo n’indirimbo akabikorera aho ari ashaka? Yemerewe no kuvuga ngo ngiye kuruhuka akagenda, ikizima ni uko nta mezi atatu yashira utabonye igihangano cyiza, aho niho turebera.”
Murindahabi wageze i Kigali ku wa 19 Ugushyingo 2025 ari kumwe na Dorcas gusa, yakomeje kubera ibamba umunyamakuru wifuzaga kumenya niba Vestine yaba yaratashye i Kigali, icyakora ahamya ko ameze neza kandi bavugana
In English
Vestine's team has issued a statement regarding the rumors surrounding her personal life, saying that the information circulating on social media was taken from her private Instagram account and was later deleted for security reasons.
Murindahabi, Vestine's manager, declined to comment on the personal issues, stating that it's up to Vestine to share her story. He emphasized the importance of respecting the artist's private life, saying, "We're proud of the work Dorcas & Vestine have done, and we ask that you respect their personal boundaries."
Regarding rumors of Vestine and Dorcas not traveling together on their Canada tour, Murindahabi explained that it's not uncommon for artists to have different schedules and travel arrangements. He added that Vestine is doing well and is in touch with her team.
Murindahabi also addressed the speculation surrounding Vestine's whereabouts, stating that her location is a secret for security reasons. He thanked fans for their support and encouraged them to focus on the artists' music rather than their personal lives.
Related stories
Related Articles

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rulindo yafashe abantu 17
Soma inkuru yose hano 👇👇

After Shaddy Boo appealed to the Rwanda National Investigation Agency (RIB) to investigate a young man named Iradukunda Aimable, known to many as Yugi Umukaraza, accusing him of raping her, the agency confirmed that it had received the complaint.
Read full story here 👇👇👇

RIB yatangajeko yakiriye ikirego cy'Uwamenyekanye nka shaddy boo kumbuga nkoranyambaga avuga ko yafashwe kungufu
Soma inkuru yose hano 👇👇👇

The Iranian government has sentenced prominent singer Parastoo Ahmadi to 74 lashes after she appeared on stage without wearing traditional Iranian clothing. She was wearing a traditional Iranian dress and was wearing women's perfume, which is not acceptable in Iranian culture.
Read All here 👇👇👇

Leta ya lrani yahanishije Umuhanzi ukomeye parastoo ahmadi gukubitwa inkoni 74 nyuma yo kugaragara kurubyiniro atambaye imyambaro yubahiriza umuco WA Irani ,yari yambaye isanzwe yiteye ibirungo by'abagore ,Kandi bitemewe mumuco wa irani
Soma inkuru yose hano 👇👇

Ugandan singer Moses Ssali, known in the music industry as Bebe Cool, has accused Miss Mutesi Jolly, who was crowned Miss Rwanda in 2016
Read All here 👇👇 y

NSANZIMANA Sylver
Article Author