Umunyamerikakazi Rihanna yongeye kurikoroza ku mbugankoranyambaga, nyuma yo guteza urujijo rwo kuba yiteguye kubyara umwana wa kane, ni mu gihe hashize amezi make abyaye umwana we wa gatatu yabyaranye na A$AP Rocky.
Soma inkuru yose hano 👇👇

Gallery





Advertisement
Umunyamerikakazi Rihanna yongeye kurikoroza ku mbugankoranyambaga, nyuma yo guteza urujijo rwo kuba yiteguye kubyara umwana wa kane, ni mu gihe hashize amezi make abyaye umwana we wa gatatu yabyaranye na A$AP Rocky.

Amazina n’amavuko Izina yiswe nababyeyi ni " Robyn Rihanna Fenty "uzwi kwizina ry’ubuhanzi rya :"Rihanna", Yavutse: tariki 20 Gashyantare mumwaka wa 1988, Akomoka mugace ka Bridgetown, Barbados, Ababyeyi be ni Monica Braithwaite (umuforomokazi) na Ronald Fenty (umucuruzi)
Uko yinjiye mu muziki Rihanna yatangiye kuririmba akiri umwana muri korali y’ishuri. Mu 2003, yahuriye na Evan Rogers, umuproducer wo muri Amerika wamufashije kujya muri Amerika gukora demo tracks. Yaje gusinyishwa na Def Jam Records mu 2005, ubwo Jay-Z yari CEO wayo.

Album ya mbere ni "Music of the Sun" muri (2005) Yakurikiwe na "A Girl Like Me"muri (2006), Good Girl Gone Bad(2007) n’izindi. Indirimbo zamamaye:nka
6 Umbrella(feat. Jay-Z)
1 Diamonds
2 We Found Love
3 Rude Boy
4 Work (feat. Drake)
5 Stay

Ibihemboamaze gutsindira muri muzika "Grammy Awards 9, AMA, Billboard Music Awards, n’ibindi byinshi.
Ari mu bahanzi bagurishije indirimbo nyinshi cyane ku isi (over 250 million records).
Indi mirimo itari umuziki akora
Yatangije uruganda rw’imideli n’ibikoresho byo kwisiga mu 2017. Rwagize umusaruro ukomeye kubera kwita ku bwoko bwose bw’uruhu. Munganda yashinze harimo
,Savage x Fenty:Uruganda rw’amasutiya n’imyambaro y’imbere bizwi nka .FENTY (clothing brand): Yigeze gukora i myambaro isanzwe mu bufatanye na Louis Vuitton (LVMH).

Ubuzima bwite bwa Rihanna yigeze gukundana na Chris Brown (byarangiriye mu ihohoterwa ryamugizeho ingaruka zikomeye). Nyuma yaje kujya mu rukundo na Drake, ndetse na ASAP Rocky. Yabyaranye na ASAP Rocky abana 3 (umuhungu wavutse mu 2022 n'undi mu 2023). 2025

Umutungo n’ibindi Rihanna abarirwa umutungo urenga $1.4 billion, akayoboye mu bagore b’abahanzi b’abaherwe. Mu 2021, yahawe izina rya "National Hero of Barbados" igihugu cye cyamushimiye ibikorwa byo guteza imbere igihugu.
Ubu (2026)Aracyari icyamamare, n'ubwo amaze igihe adasohora album nshya.Arakora cyane mu bijyanye n’imideli n’ubucuruzi. Afatwa nk’umwe mu bagore bubatse izina ku isi hose mu buhanzi no mu bucuruzi
Sliva nsanze #tuganire news

Share this article

NSANZIMANA Sylver
Article Author
Advertisement





