Umunyamerikakazi Rihanna yongeye kurikoroza ku mbugankoranyambaga, nyuma yo guteza urujijo rwo kuba yiteguye kubyara umwana wa kane, ni mu gihe hashize amezi make abyaye umwana we wa gatatu yabyaranye na A$AP Rocky.
Soma inkuru yose hano 👇👇

Share
Umunyamerikakazi Rihanna yongeye kurikoroza ku mbugankoranyambaga, nyuma yo guteza urujijo rwo kuba yiteguye kubyara umwana wa kane, ni mu gihe hashize amezi make abyaye umwana we wa gatatu yabyaranye na A$AP Rocky.

Amazina n’amavuko Izina yiswe nababyeyi ni " Robyn Rihanna Fenty "uzwi kwizina ry’ubuhanzi rya :"Rihanna", Yavutse: tariki 20 Gashyantare mumwaka wa 1988, Akomoka mugace ka Bridgetown, Barbados, Ababyeyi be ni Monica Braithwaite (umuforomokazi) na Ronald Fenty (umucuruzi)
Uko yinjiye mu muziki Rihanna yatangiye kuririmba akiri umwana muri korali y’ishuri. Mu 2003, yahuriye na Evan Rogers, umuproducer wo muri Amerika wamufashije kujya muri Amerika gukora demo tracks. Yaje gusinyishwa na Def Jam Records mu 2005, ubwo Jay-Z yari CEO wayo.

Album ya mbere ni "Music of the Sun" muri (2005) Yakurikiwe na "A Girl Like Me"muri (2006), Good Girl Gone Bad(2007) n’izindi. Indirimbo zamamaye:nka
6 Umbrella(feat. Jay-Z)
1 Diamonds
2 We Found Love
3 Rude Boy
4 Work (feat. Drake)
5 Stay

Ibihemboamaze gutsindira muri muzika "Grammy Awards 9, AMA, Billboard Music Awards, n’ibindi byinshi.
Ari mu bahanzi bagurishije indirimbo nyinshi cyane ku isi (over 250 million records).
Indi mirimo itari umuziki akora
Yatangije uruganda rw’imideli n’ibikoresho byo kwisiga mu 2017. Rwagize umusaruro ukomeye kubera kwita ku bwoko bwose bw’uruhu. Munganda yashinze harimo
,Savage x Fenty:Uruganda rw’amasutiya n’imyambaro y’imbere bizwi nka .FENTY (clothing brand): Yigeze gukora i myambaro isanzwe mu bufatanye na Louis Vuitton (LVMH).

Ubuzima bwite bwa Rihanna yigeze gukundana na Chris Brown (byarangiriye mu ihohoterwa ryamugizeho ingaruka zikomeye). Nyuma yaje kujya mu rukundo na Drake, ndetse na ASAP Rocky. Yabyaranye na ASAP Rocky abana 3 (umuhungu wavutse mu 2022 n'undi mu 2023). 2025

Umutungo n’ibindi Rihanna abarirwa umutungo urenga $1.4 billion, akayoboye mu bagore b’abahanzi b’abaherwe. Mu 2021, yahawe izina rya "National Hero of Barbados" igihugu cye cyamushimiye ibikorwa byo guteza imbere igihugu.
Ubu (2026)Aracyari icyamamare, n'ubwo amaze igihe adasohora album nshya.Arakora cyane mu bijyanye n’imideli n’ubucuruzi. Afatwa nk’umwe mu bagore bubatse izina ku isi hose mu buhanzi no mu bucuruzi
Sliva nsanze #tuganire news

More from the newsroom
Related stories
Related Articles

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jul 14, 02:08 PM
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rulindo yafashe abantu 17
Soma inkuru yose hano 👇👇

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jun 23, 12:37 AM
After Shaddy Boo appealed to the Rwanda National Investigation Agency (RIB) to investigate a young man named Iradukunda Aimable, known to many as Yugi Umukaraza, accusing him of raping her, the agency confirmed that it had received the complaint.
Read full story here 👇👇👇

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jun 23, 12:37 AM
RIB yatangajeko yakiriye ikirego cy'Uwamenyekanye nka shaddy boo kumbuga nkoranyambaga avuga ko yafashwe kungufu
Soma inkuru yose hano 👇👇👇

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jun 22, 05:57 AM
The Iranian government has sentenced prominent singer Parastoo Ahmadi to 74 lashes after she appeared on stage without wearing traditional Iranian clothing. She was wearing a traditional Iranian dress and was wearing women's perfume, which is not acceptable in Iranian culture.
Read All here 👇👇👇

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jun 22, 05:57 AM
Leta ya lrani yahanishije Umuhanzi ukomeye parastoo ahmadi gukubitwa inkoni 74 nyuma yo kugaragara kurubyiniro atambaye imyambaro yubahiriza umuco WA Irani ,yari yambaye isanzwe yiteye ibirungo by'abagore ,Kandi bitemewe mumuco wa irani
Soma inkuru yose hano 👇👇

Entertainment
NSANZIMANA Sylver00Jun 18, 05:03 AM
Ugandan singer Moses Ssali, known in the music industry as Bebe Cool, has accused Miss Mutesi Jolly, who was crowned Miss Rwanda in 2016
Read All here 👇👇 y
Share this article

NSANZIMANA Sylver
Article Author