Loading article…
Abantu hafi miliyoni 3,8, barimo abana bangana na miliyoni imwe bari mu bukene bukabije, ku rugero rwo kutabona imyenda, n’ibiribwa. Umusesenguzi muri JRF, Peter Matejic, yavuze ko “Ubukene mu Bwongereza ntabwo ari ukwiyongera gusa, ahubwo burahangayikishije ku rugero bitigeze bibaho mu myaka 30 ishize.”