Irakoze Angelo, umusore w’imyaka 20 wigaga mu mwaka wa mbere wa Kaminuza muri IPRC-Tumba College, n’umukobwa witwa Ingabire Samantha w’imyaka 19, basangwe bapfuye mu nzu imwe, aho umukobwa yari yagiye gusura umuhungu.
Read all in English and kinyarwanda 👇👇👇

Advertisement
Irakoze Angelo, umusore w’imyaka 20 wigaga mu mwaka wa mbere wa Kaminuza muri IPRC-Tumba College, n’umukobwa witwa Ingabire Samantha w’imyaka 19, basangwe bapfuye mu nzu imwe, aho umukobwa yari yagiye gusura umuhungu ko. Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B Thierry, yavuze ko iperereza ryatangijwe kugirango hamenyekane icyateye uru rupfu
Iperereza ry’ibanze rigaragaza ko hakekwa ko Irakoze Angelo yaba yarishe Ingabire Samanta, nyuma akaza kwiyahura. Impamvu yaba yarateye iki gikorwa ntiramenyekana, kandi iperereza rirakomeje. Dr. Murangira B Thierry yagize ati: “RIB isaba abaturage, cyane cyane abakoresha imbuga nkoranyambaga, kwirinda gukwirakwiza amakuru atizewe (speculation), cyangwa adafitiwe gihamya ku mpamvu zateye uru rupfu, kuko bishobora kubangamira iperereza rikomeje”.
Ubuyobozi bwa Kaminuza ya IPRC-Tumba mu Karere ka Rulindo, buravuga ko bwababajwe n’urupfu rutunguranye rw’umunyeshuri wigaga mu mwaka wa mbere. Urupfu rwabo rwamenyekanye ku wa Kabiri tariki 24 Werurwe, 2026, bikekwa ko uru rupfu rwabo bombi rwabaye ku wa Mbere tariki 23 Werurwe, 2026
Abaturage baganiriye n'ikinyamakuru cya tuganire news batangaje ko inkumi nabasore basurana cyangwa bakundana bataziranye neza ngo bajya babanza kumenyana na neza mbere yo gukundandana, haba imico , imyitwarire ,imibereho ngo bigomba kuba bimwe abasore n'abakobwa bagomba kugenderaho muguhitamo uwo bazarushingana
Inkuru y’urupfu rw’umusore wigaga mu mwaka wa mbere wa Kaminuza, muri IPRC- Tumba College mu karere ka Rulindo, ikomeje kuvugwa ku mbuga nkoranyambaga, ariko abantu bakibaza uko byagenze kugira ngo umusore asangwe amanitse mu nzitiramibu yapfuye, n’umukobwa aryamye hasi na we yapfuye.
Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B Thierry yavuze ko abapfuye ari Irakoze Angelo, na Ingabire Samantha.
RIB ivuga ko yatangije iperereza ku rupfu rwa Irakoze Angelo w’imyaka 20, na Ingabire Samanta w’imyaka 19, basanzwe mu nzu imwe bapfuye, aho umukobwa yari yagiye gusura umuhungu.
Bamwe mubahuza inkuru z'abakobwa n'abasore bicwa nabo bakundana bavuze ko ahanini biterwa nuko umwe muribo ABA afite uburyarya, abandi bavugako abenshi biterwa nubugizi bwa nabi ngo bityo bashimangira ko umuntu agomba gukundana nuwo Azo neza
Ibi BIBAYE nyuma yuko mumpera z'umwaka washize wa 2025 umukobwa witwa Diane nawe yishwe atemaguwe nuwo bakundanaga byavuzwe ko ngo bapfaga amafaranga birangira umusore amwishe ,gusa nawe yaje kwicwa arashwe
Nimugihe Kandi mbere ho Gato uwiteka kazungu dense yafashwe amaze kwica abakobwa benshi bivugwako yababeshyaga urukundo hanyuma bamusura akabica
Umuvugizi wa police y'urwanda yaburiye abakundana kumanza kumenyana byisumbuyeho
In English
Irakoze Angelo, a 20-year-old first-year student at IPRC-Tumba College, and Ingabire Samantha, 19, were found dead in the same house where the girl had gone to visit the boy. RIB spokesperson Dr. Murangira B Thierry said an investigation has been launched to determine the cause of the death.
Initial investigations indicate that Irakoze Angelo is suspected of killing Ingabire Samanta and then committing suicide. The motive for this act is still unknown, and the investigation is ongoing. Dr. Murangira B Thierry said: “RIB requests the public, especially social media users, to refrain from spreading unverified or unsubstantiated information about the cause of this death, as it may hinder the ongoing investigation.”
The management of IPRC-Tumba University in Rulindo District, says it is saddened by the sudden death of a first-year student. Their deaths were announced on Tuesday, March 24, 2026, and it is believed that both of them died on Monday, March 23, 2026.
Residents who spoke to Tugengi News reported that young men and women who are dating or dating without knowing each other well should first get to know each other well before falling in love. They say that there should be certain values, behaviors, and social norms that young men and women should follow when choosing a partner.
The story of the death of a young man who was studying in his first year at IPRC-Tumba College in Rulindo district continues to be shared on social media, but people are still wondering how the young man was found hanging from a mosquito net, dead, and the girl lying on the floor was also found dead.
RIB Criminal Investigation Department spokesperson, Dr. Murangira B Thierry, said the deceased were Irakoze Angelo and Ingabire Samantha.
RIB says it has launched an investigation into the deaths of Irakoze Angelo, 20, and Ingabire Samanta, 19, who were found dead in the same house where the girl had gone to visit the boy.
Some of the people who share stories of girls and boys being killed by their lovers said that it is mostly because one of them is being dishonest, while others say that most of it is due to crime, thus emphasizing that one should only fall in love with the right person.
This HAPPENED after at the end of last year 2025, a girl named Diane was also murdered and dismembered by her lover. It was said that they were fighting for money and ended up with a young man who killed her, but she was also killed by gunfire.
When and before that, Gato, a white-haired man, was arrested after killing many girls who were allegedly lying to him about their love and then visiting him and killing him.
Rwandan police spokesperson warns couples against getting to know each other too well
Advertisement
Share this article

NSANZIMANA Sylver
Article Author
Advertisement





